Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ni iki kirimo gukorwa mu guhashya icyorezo cya Marburg?
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuzima

Ni iki kirimo gukorwa mu guhashya icyorezo cya Marburg?

igire
igire Yanditswe October 3, 2024
Share
SHARE

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yavuze ko nyuma y’icyumweru mu Rwanda hagaragaye virusi ya Marburg, hakirimo gushakishwa abantu bahuye n’abanduye iki cyorezo, kandi hakaba hari icyizere ko mu minsi iri imbere kizatangira guhashywa.

Gusa yavuze ko ari uruhare rwa buri wese mu guhangana n’iki cyorezo.

Yagize ati “”Ni virusi yihuta cyane iyo igeze mu mubiri, ikibi cyayo iyo igeze mu mubiri, mu masaha make itangira gukwira hose ndetse ikangiza n’ibiri mu mubiri.”

Dr Nsanzimana yavuze ko ubu Minisiteri y’Ubuzima yakajije ingamba mu rwego rwo kurinda abakora kwa muganga kwandura virusi ya Marburg.

Kugeza ubu abantu 10 nibo iki cyorezo kimaze guhitana mu gihe abandi 19 barimo kuvurwa.

Minisitiri w’Ubuzima yasabye abaturarwanda kudakuka umutima ahubwo bagakomeza imirimo yabo nk’uko bisanzwe ariko bubahiriza n’amabwiriza yo kwirinda.

 

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

Abapolisi batanze amaraso yo kuzafashisha abarwayi

igire October 3, 2024 October 3, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?