Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Nigeria: Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Tinubu
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Nigeria: Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Tinubu

igire
igire Yanditswe May 28, 2023
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze mu gihugu cya Nigeria aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’iki gihugu Bola Ahmed Tinubu uzaba kuri uyu wa mbere tariki 29 Gicurasi 2023.

Bola Tinubu w’imyaka 70 y’amavuko yagiye ku butegetsi asimbuye Mohammadu Buhari wari umaze imyaka 10 ayoboye iki gihugu cya Nigeria.

Umuhango w’irahira rya Tinubu biteganijwe ko uzitabirwa n’abandi bakuru b’ibihugu n’aba za guverinoma zitandukanye ku isi.

Mu matora yabaye tariki 25 Gashyantare uyu mwaka Bola Tinubu, wo mu ishyaka riri ku butegetsi, yagize amajwi 36%, akurikirwa na Atiku Abubakar wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, we yagize amajwi 29%.

Ni mu gihe ku mwanya wa 3 haje Peter Obi, wo mu ishyaka ry’abakozi wagize amajwi 25 %.

Akimara kumenya ko ariwe wegukanye intsinzi, Bola Tinubu yavuze ko azaba umuyobozi w’ukuri ndetse ko azafatanya n’ abatavuga rumwe na we n’urubyiruko rugaragaza ko runyotowe n’impinduka mu gihugu cyabo.

Amafoto agaragaza uko Perezida yakiriwe ageze muri Nigeria. Photo: Urugwiro Village

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire May 28, 2023 May 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?