Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Nkombo: Hizihirijwe umunsi w’Umwana w’Umunyafurika
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Uburezi

Nkombo: Hizihirijwe umunsi w’Umwana w’Umunyafurika

igire
igire Yanditswe June 16, 2023
Share
SHARE

 

Kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Kamena, mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi hizihirijwe Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika.

Uyu murenge wakunze kuvugwamo imirimo ivunanye yakoreshwaga abana, irimo kubashora mu burobyi bakiri bato, bigatuma Bata ishuri.

Abana bo ku Nkombo kandi bahungabanywaga kenshi n’ikibazo cy’ubuharike bwo mu miryango yo kuri iki kirwa, ntibitabweho neza n’ababyeyi babo, bagahohoterwa, ndetse hakabamo n’abashyingirwa imburagihe.

Barishimira ko byinshi muri ibi bibazo byakemutse.

Ku bufatanye bw’ubuyobozi, inshuti z’umuryango n’abafatanyabikorwa nka Strive Foundation bazanye kuri iki kirwa ibikorwa bitandukanye bifasha mu kubungabunga no gusigasira ubuzima bw’abahatuye by’umwihariko abana.

Baravuga ko kuri ubu umwana wo ku nkombo afite uburenganzira nk’ubw’abandi bana b’abanyarwanda.

Umunsi Mpuzamahanga w’Umwana w’Umunyafurika wizihizwa buri mwaka tariki ya 16 Kamena, ukaba waratangiye kwizihizwa mu mwaka wa 1991. Watangiye by’umwihariko hibukwa abana b’abanyafurika bakorerwaga ihohoterwa na bagashaka buhake muri Afurika y’Epfo mu kiswe Aparteid.

 

 

You Might Also Like

Maj Gen Vincent Nyakarundi yitabiriye Inama y’ingabo zirwanira ku butaka muri Afurika

CHORARE DE KIGALI : BARIMO GUTEGURA IGITARAMO CYAMATEKA.

Musanze: Ababyeyi bishimira ko abana babo basigaye bakorera ibizamini bya Leta hafi

Umuyobozi Mukuru wa REB Dr Mbarushimana yasabye abanyeshuri kwirinda gukopera

Abanyeshuri 202,999 batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

igire June 16, 2023 June 16, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?