UMWANDITSI: Inkuru ya Sam Kabera/Igire.rw
Mu karere ka Nyamasheke mu murenge wa Ruharambuga,abaturage baho bavuga ko bahangayikishijwe n’abana babiri basa naho bibana aho kuri ubungubu imibereho ibashaririye.
Aba bana ngo kuba babayeho ubu buzima bubi bituruka kukuba nyina ubabyara yarabataye akajya kwishakira undi mugabo,bakaba barasigaranye na se ariko nawe wa ntaho nikorango kuko nawe atunzwe no kujya gutashya inkwi akazigurisha.
Aba bana babayeho ubuzima bubi,,ntawakwizerako bazi n’umuryango w’ishuri.
Uyu se ubabyara amakuru dufite ni uko ubushobozi bwe ntabwo kuko agenda mu museso agacyurwa n’ijoro bityo bikabangamira imibereho yabo.
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko iby’iki kibazo bari kubikurikirana.

Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.