Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Nyaruguru: Abahinzi b’icyayi baruhuwe kwishyura inguzanyo hagendewe ku gaciro k’idolari
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Nyaruguru: Abahinzi b’icyayi baruhuwe kwishyura inguzanyo hagendewe ku gaciro k’idolari

igire
igire Yanditswe August 22, 2024
Share
SHARE

Abahinzi b’icyayi bo mu Karere ka Nyaruguru biruhukije nyuma yo kuvanirwaho kwishyura inguzanyo hagendewe ku gaciro k’amadolari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku isoko.

Aba bahinzi bishimiye ko inguzanyo bahabwa muri gahunda yo kwagura ubuso buhinzeho icyayi batazongera kuyishyura bagendeye ku gaciro k’idolari nk’uko byari bimeze mbere.

Abahinzi b’icyayi bo mu Karere ka Nyaruguru biruhukije nyuma yo kuvanirwaho kwishyura inguzanyo hagendewe ku gaciro k’amadolari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku isoko.

Aba bahinzi bishimiye ko inguzanyo bahabwa muri gahunda yo kwagura ubuso buhinzeho icyayi batazongera kuyishyura bagendeye ku gaciro k’idolari nk’uko byari bimeze mbere.

Iyi nguzanyo abahinzi bahabwa, yatangiye ari ibihumbi 900 Frw kuri buri wese ushaka guhinga icyayi kuri hegitari imwe ariko ubu igeze kuri miliyoni 1 Frw.

Uwayihabwaga yashoboraga kwishyura agera kuri 1.500.000 Frw bitewe n’aho idolari rigeze.

Abahinzi bari bagaragaje ko bibaremereye cyane basaba ko bajya bishyura inguzanyo bahawe.

Kuri ubu abahinzi bishimiye ko icyifuzo cyabo cyakiriwe ndetse bagiye kujya bishyura inguzanyo bahawe hatagendewe ku gaciro k’idolari.

Uku guhindura uburyo inguzanyo yishyurwagamo, byatumye n’abandi baturage batangira kwitabira ubuhinzi bw’icyayi.

Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza uyu munsi, umushinga witwa Scon wagurije abahinzi basaga 2500 agera kuri miliyari eshanu na miliyoni zisaga 600 Frw.

Muri iyi nguzanyo hakubiyemo amafaranga yo gutegura ubutaka, ingemwe z’icyayi n’ifumbire mvaruganda.

Kugeza ubu hamaze guhingwa icyayi kuri hegitari zisaga 2100 ndetse abahinzi batangira kwishyura iyo bejeje.

 

You Might Also Like

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

igire August 22, 2024 August 22, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?