Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Padiri Luc Bucyana yagizwe Umuyobozi w’amaparuwasi yo muri Neuchâtel mu Busuwisi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Padiri Luc Bucyana yagizwe Umuyobozi w’amaparuwasi yo muri Neuchâtel mu Busuwisi

igire
igire Yanditswe June 30, 2023
Share
SHARE

Padiri Luc Bucyana, usanzwe akuriye abandi (Curé doyen), akaba kandi ari na Padiri mukuru ushinzwe ibikorwa by’ikenurabushyo ryo gushyira hamwe muri Neuchâtel y’Iburengerazuba, yagizwe kandi Umuyobozi wa Bazilika yaragijwe Bikira Mariya Umwamikazi wajyanwe mu ijuru (Basilique Notre-Dame-de-l’Assomption), akaba azanakomeza kuba ayoboye ibikorwa by’ikenurabushyo rya tugendere hamwe muri Neuchâtel.
Padiri Luc Bucyana
Padiri Luc Bucyana

Padiri Luc Bucyana ni Umunyarwanda, akaba yari asanzwe ashinzwe ibikorwa by’ikenurabushyo ryo gushyira hamwe muri Neuchâtel y’Iburengerazuba kuva mu 2016.

Yabanje kuba umupadiri wungirije mu bikorwa by’ikenurabushyo mu misozi ya Neuchâteloises, nk’uko biri mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Kiliziya ku itariki ya 27 Kamena 2023.

Ni umwe mu bagize itsinda rishinzwe kwakira Abihayimana baturutse ahandi. Padiri Bucyana asanzwe azi neza Kiliziya ya Bazilika n’umujyi wa Neuchâtel, kubera ko nyuma yo kurangiza amasomo ye yaje kuhakorera nk’uko itangazo rikomeza ribivuga.

Padiri François Perroset ushinzwe itumanaho muri Kiliziya ya Neuchâtel, yemeza ko Padiri Luc Bucyana ari icyetegererezo muri Paruwasi St-Paul du Littoral Uuest Neuchâtelois (Boudry), mu bikorwa by’ikenurabushyo.

Inshingano yahawe zizatuma hiyongera umubano mwiza muri Kiliziya, nk’uko byemezwa na Padiri François Perroset.

Ati “Tutitaye ku nshingano ze no kubuzima bw’amaparusi, Abihayimana n’Abalayiki basabwa gukora mu buryo buboneye no hanze ya Kiliziya”.

Paruwasi ya Boudry-Cortaillod na La Béroche-Bevaix byishyize hamwe kuva mu kwezi kwa Mutarama 2023, bihinduka Paruwasi imwe ya Saint-Paul du Littoral Ouest Neuchâtelois. Yabaye intambwe nziza mu kwishyira hamwe kugira ngo bongerere imbaraga Diyosezi ya Saint-Paul du Littoral Ouest Neuchâtelois.

You Might Also Like

MINUBUMWE yasabye abagororwa b’abagore bagiye kurangiza ibihano ku byaha bya Jenoside kurangwa n’ubumwe

Perezida Kagame yerekanye inkingi 3 Afurika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye/AMAFOTO

Gushyira mu ikoranabuhanga inyandiko z’Inkiko Gacaca bizarangira mu 2026

RGB yahagaritse by’agateganyo amasengesho abera ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe

360 Mubari barafashwe bugwate na FDLR batangiye gutaha

igire June 30, 2023 June 30, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
Mu Rwanda

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?