Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame agiye kugirana ikiganiro na RBA
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame agiye kugirana ikiganiro na RBA

igire
igire Yanditswe June 17, 2024
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika Paul Kagame agiye kugirana ikiganiro n’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA, kigaruka ku ngingo zirimo imyaka 30 ishize u Rwanda rubohowe n’izindi.

Iki kiganiro giteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki 17 Kamena 2024, guhera saa Munani z’igicamunsi, aho gitambuka ku bitangazamakuru byose bya RBA n’imbuga nkoranyambaga.

Mu ngingo nyamukuru kiri bwibandeho harimo icyerekezo cy’u Rwanda mu myaka iri imbere n’umusanzu wa buri wese mu kukigeraho.

Kigiye kuba mu gihe Abanyarwanda bitegura ibirori byo kwizihiza ku nshuro ya 30 imyaka ishize rwibohoye, bazirikana urugendo rw’iterambere ry’ubukungu, imibereho myiza, imiyoborere n’ibindi, Igihugu cyanyuzemo.

Mu byitezwe muri iki kiganiro harimo kandi kugaruka ku ishusho y’ibyaranze gahunda y’Igihugu yo kwihutisha Iterambere, NST1, ahagarukwa kuri bimwe mu byagezweho mu myaka irindwi ishize ndetse n’imbogamizi zabayeho ku bitaragerwaho.

Ni ikiganiro kandi kigiye kuba mu gihe Abanyarwanda bitegura kwinjira mu bihe byo kwiyamamaza ndetse n’amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024.

 

You Might Also Like

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

igire June 17, 2024 June 17, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Шесть основных ориентиров для определения доверенного интернет-казино
betting

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?