Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye Abanyarwanda n’inshuti mu birori byo gusoza umwaka byabereye muri Kigali Convention Centre ku wa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023.
Imbuga nkoranyambaga z’Umukuru w’Igihugu zagaragaje amafoto, zinatangaza ko Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame ari bo bakiriye(host) Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda muri ibyo birori ku mugoroba wo ku wa Gatandatu.




Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.