Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yaganiriye na Suella Braverman ku kibazo cy’abimukira
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yaganiriye na Suella Braverman ku kibazo cy’abimukira

igire
igire Yanditswe March 20, 2023
Share
SHARE

Ku Cyumweru tariki 19 Werurwe 2023, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye Minisitiri w’Umutekano imbere mu Bwongereza, Suella Braverman, bakaba baganiriye ku bibazo bireba abimukira bazazanwa mu Rwanda.

Perezida Kagame yaganiriye na Suella Braverman ku kibazo cy
Perezida Kagame yaganiriye na Suella Braverman ku kibazo cy’abimukira

Braverman yakiriwe n’Umukuru w’Igihugu amaze gusura ibice bya Gahanga muri Kicukiro na Karama muri Nyarugenge, aho yatangije umushinga wo kubaka inzu 1,500 zizatuzwamo abo bimukira bazaturuka mu Bwongereza.

Mu Mudugudu wa Karama, mu Kagari ka Nyabugogo, Umurenge wa Kigali muri Nyarugenge, aho izo nzu zari zatangiye kubakwa, Braverman akaba yahageze akabishimira abubatsi.

Braverman yagize ati “Nasuye ’Bwiza Riverside Estate’ (ni ko inzu z’i Karama zitwa), ngiye kureba amacumbi mashya azatuzwamo abavuye mu Bwongereza,
kimwe n’Abanyarwanda.”

Urubuga rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro), ruvuga ko Perezida Kagame yanaganiriye na Braverman ku bijyanye n’ubufatanye mu Iterambere ry’Ubukungu, hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza.

Village Urugwiro ivuga ko ibi bikubiye mu masezerano atanga amahirwe yo gukemura ibibazo bijyanye n’abimukira ku Isi.

U Rwanda n’u Bwongereza byemeranyijwe ko abimukira bazaza bagomba guturana n’Abanyarwanda, bagasangira ibikorwa remezo bihari birimo imihanda, amashuri n’amavuriro.

You Might Also Like

Gasabo: Hari ibigo by’amashuri bya leta biyishyuza amafaranga y’ibirarane ibigenera

Abashoramari bo muri Hongiriya beretswe amahirwe ari mu Rwanda

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

igire March 20, 2023 March 20, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Мобильная редакция игорного заведения для азартных игр с телефонов и планшетов.
Mu Rwanda

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?