Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yahuye n’Umunyarwenya Steve Harvey
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yahuye n’Umunyarwenya Steve Harvey

igire
igire Yanditswe November 20, 2024
Share
SHARE

Umunyarwenya akaba n’icyamamare kuri televiziyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Harvey, umaze iminsi mu Rwanda yatangaje ko yahuye na Perezida Paul Kagame.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ugushyingo 2024, Steve Harvey, yashimye Perezida Kagame ku bw’imbaraga no kwicisha bugufi bimuranga.

Yagize ati: “Igihamya cy’ubudaheranwa bw’u Rwanda no kubabarira.”

Ibyo wamenya kuri Steve Harvey uri mu Rwanda

Uyu mugabo yavutse tariki ya 17 Mutarama 1957, ni umwanditsi, umunyamakuru, umukinnyi w’amafilimi akaba n’umuhanzi.

Ibiganiro bya Steve bitadukanye birimo ‘The Steve Harvey Morning Show’, ‘Family Feud’, ‘Celebrity ‘Family Feud’, ‘Family Feud Africa’ no kuba yarayoboye amarushanwa y’ubwiza azwi nka ‘Miss Universe’ byagiye bimuhesha ibikombe bitandukanye byinshi bitandukanye birimo;7 bya Daytime Emmy Awards, 2 bya Marconi Awards n’ibindi 14 bya NAACP Image Awards.

Nk’umwanditsi w’ibitabo Harvey yanditse bine, ibyamenyekanye cyane mu 2009 birimo icyitwa ‘Act Like a Lady’ na ‘Think Like a Man’.

Umunyarweya Steve Harvey (ubanza ibumoso) yahuye na Perezida Kagame

You Might Also Like

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

Amb. Bizimana yashyikirije Perezida wa Senegal impampuro zo guhagararira u Rwanda

Ibyo wamenya kuri Papa Leon XIV, Umusimbura mushya wa Petero intumwa

Perezida Kagame uri i Paris yakiriwe na Macron w’u Bufaransa

Umunsi wageze, gutora Papa mushya bigiye gutangira

igire November 20, 2024 November 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?