Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibuti n’itsinda ayoboye
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibuti n’itsinda ayoboye

igire
igire Yanditswe May 11, 2023
Share
SHARE

Kuri uyu wa gatatu tariki 10 Gicurasi, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti n’itsinda ayoboye.

Amakuru dukesha urukuta rwa twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu, aravuga ko Mahmoudi Ali Youssouf, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti aho yaje azanye n’ubutumwa perezida wa Djibouti Ismail Omar Guelleh yageneye perezida w’u Rwanda.

Bimwe mu byaganiriweho harimo umutekano w’ibihugu biherereye mu ihembe rya Afurika, ubutwererane n’umubano w’ibihugu byombi, bibanda cyane ku bucuruzi.

Iyi nama yahuje Perezida Kagame n’itsinda ryaturutse muri Djibouti, yabanjirijwe n’indi yahuje komisiyo ihuriweho n’ibihugu by’u Rwanda na Djibouti yabaye nayo kuri uyu wa gatatu.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire May 11, 2023 May 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?