Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibuti n’itsinda ayoboye
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Djibuti n’itsinda ayoboye

igire
igire Yanditswe May 11, 2023
Share
SHARE

Kuri uyu wa gatatu tariki 10 Gicurasi, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti n’itsinda ayoboye.

Amakuru dukesha urukuta rwa twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu, aravuga ko Mahmoudi Ali Youssouf, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti aho yaje azanye n’ubutumwa perezida wa Djibouti Ismail Omar Guelleh yageneye perezida w’u Rwanda.

Bimwe mu byaganiriweho harimo umutekano w’ibihugu biherereye mu ihembe rya Afurika, ubutwererane n’umubano w’ibihugu byombi, bibanda cyane ku bucuruzi.

Iyi nama yahuje Perezida Kagame n’itsinda ryaturutse muri Djibouti, yabanjirijwe n’indi yahuje komisiyo ihuriweho n’ibihugu by’u Rwanda na Djibouti yabaye nayo kuri uyu wa gatatu.

You Might Also Like

Abashoramari bo muri Hongiriya beretswe amahirwe ari mu Rwanda

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

igire May 11, 2023 May 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Umujyi wa Kigali watanze inzu ku miryango 172 yatujwe mu Mudugudu wa Mpazi
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?