Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Madagascar
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Madagascar

igire
igire Yanditswe August 7, 2023
Share
SHARE

 

Kuri uyu wa Mbere muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina uri mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda.

Nyuma yo kumwakira mu cyubahiro kigenewe abakuru b’ibihugu, abakuru b’ibihugu byombi bahise bagirana ibiganiro byabereye mu muhezo.

Abakuru b’ihigu byombi kandi bahagarariye umuhango wo gusinya amasezerano y’imikoranire mu nzego zitandukanye hagati y’u Rwanda na Madagascar.

 

 

Perezida Rajoelina araza no gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, aho yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi.

Biteganyijwe kandi ko Perezida wa Madagascar asura ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro kiri mu Karere ka Rulindo, ahazwi nka Nyakabingo.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, Perezida Kagame arakira ku meza mugenzi we Rajoelina.

Perezida wa Madascar yageze mu Rwanda ku mugoroba wo ku Cyumweru. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yitabiriye inama y’ubucuruzi ihuje abikorera bo mu bihugu byombi. Muri iyi nama hagaragajwe amahirwe y’ishoramari ari muri buri gihugu aba bashoramari bashoramo imari.

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire August 10, 2023 August 7, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?