Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yemeje ko u Rwanda rwatanze ubusabe bwo kwakira Formula 1
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuhinzi

Perezida Kagame yemeje ko u Rwanda rwatanze ubusabe bwo kwakira Formula 1

igire
igire Yanditswe December 13, 2024
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje ko u Rwanda rwatanze ubusabe bwo kwakira Grand Prix ya Formula 1 ndetse ibiganiro biri kugenda neza.

Ibi yabigarutseho mu muhango wo   gufungura Inteko Rusange y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino wo Gusiganwa ku modoka (FIA), yabereye muri Kigali Convenction Center, kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukuboza 2024.

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye uyu muhango, Umukuru w’Igihugu yavuze ko u Rwanda rwatanze ubusabe bwo kwakira Formula 1 ndetse ko ibiganiro biri kugenda neza.

Ati: “Nishimiye gutangaza ku mugaragaro ko u Rwanda ruri gusaba kugarura isiganwa ridasanzwe ku Mugabane wa Afurika binyuze mu kwakira Grand Prix ya Formula one. Ndashimira Stefano Dominicale n’ikipe yose ya Formula one ku nzira nziza ibiganiro byacu birimo kugeza ubu.’’

U Rwanda niruhabwa kwakira iri siganwa ruzaba rurabaye igihugu cya kabiri muri Afurika cyakiriye iri rushanwa nyuma y’umwaka 30, inshuro ya mbere ryabereye muri Afurika y’Epfo mu 1993.

Uko bigaragara ubu, u Rwanda ruramutse rwemerewe kwakira isiganwa rya Formula One, ntibyaba mbere ya 2028 kuko imijyi izakira andi masiganwa yose kugeza mu 2027 yamaze gutangazwa.

You Might Also Like

Ubuhinzi bw’ibireti bwahinduriye ubuzima ab’i Nyabihu

RFA irashaka ibiti bivangwa n’imyaka muri buri murima

Nyamasheke: Yatemewe imyaka n’abo yatesheje bashaka zahabu

Abahinzi b’umuceri i Burasirazuba baratabariza toni 16.000 bejeje zikabura isoko

Hatangajwe ibiciro bishya by’amata

igire December 13, 2024 December 13, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?