Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yitabiriye Formula 1 muri Qatar
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yitabiriye Formula 1 muri Qatar

igire
igire Yanditswe December 1, 2024
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame, yageze i Doha muri Qatar aho yitabiriye Isiganwa rya Formula 1 ryiswe Qatar Airways Formula 1 Grand Prix 2024.

Ibiro Ntaramakuru bya Qatar byatangaje ko Perezida Kagame yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Hamad ku wa Gatandatu tariki 30 Ugushyingo 2024.

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yakiriwe n’Umunyamabanga Mukuru muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Dr. Ahmed bin Hassan Al Hammadi, ndetse na Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar, Igor Marara Kainamura.

Biteganyijwe ko muri iri siganwa u Rwanda rumurikira abarikurikira gahunda yarwo ya Visit Rwanda n’aho rugeze rwitegura kwakira Inama y’Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa mu modoka ku Isi, FIA mu birori bizabera i Kigali.

Visit Rwanda yahawe umwanya muri Formula 1

Visit Rwanda yahawe umwanya muri Formula 1

Isiganwa rya Formula 1 ririmo kugana ku musozo, aho hasigaye irya Qatar GP ndetse na Abu Dhabi GP, hagakurikiraho igikorwa cyo gutanga ibihembo ku bazitwara neza mu mikino yo gusiganwa mu modoka, ig8korwa kizabera i Kigali.

You Might Also Like

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

Perezida Kagame yageze muri Kazakhstan

igire December 1, 2024 December 1, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?