Perezida Paul Kagame ari mu Mujyi wa Riyadh muri Arabie Saoudite, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga mu by’Ubukungu izibanda byihariye ku mikoranire ihuriweho ndetse n’iterambere ry’urwego rw’ingufu.
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Innovation, Paula Ingabire yavuze ko iyi nama igamije kurebera hamwe iterambere ry’Isi no gushaka uko ibihugu byafatanya mu kongera imbaraga mu rwego rw’ingufu no kureba uko ibihugu byakwihaza.
Yavuze ko by’umwihariko u Rwanda rufitanye ubufatanye na World Economic Forum mu serivisi zirimo ubuzima, uburezi, ishoramari n’ibindi.
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.