Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida wa Rayon Sports yamaze impungenge abibazaga ahazava imishahara yabakinnyi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Imikino

Perezida wa Rayon Sports yamaze impungenge abibazaga ahazava imishahara yabakinnyi

igire
igire Yanditswe July 27, 2023
Share
SHARE

Kuva kumunsi isoko ry’igura nigurishwa ry’abakinnyi m’U Rwanda ryatangira Ikipe ya Rayon Sport yararyitabiriye igura abakinnyi benshi Kandi bahenze kugeza ubwo kuri ubu bivugwako iyi kipe igiye kujya itanga miliyoni ziri hagati ya 45 na 50 z’amanyarwanda kumishahara izajya ihemba buri kwezi hatarimo prime, ibi bikaba bikomeza gutera impungenge abakunzi b’umupira wamaguru mu Rwanda by’umwihariko abafana ba Rayon Sport bibaza niba izabasha guhemba umwaka wose.

Mukiganiro Perezida wa Rayon Sports Jean Fidele Uwayezu yagiranye na Radio Rwanda, yakuyeho ururwicyekwe abakunzi ba Rayon Sports bari bafite anabibutsako kugirango kugirango ibikorwa byose by’Ikipe bigende neza nabo bagomba kubiramo uruhare .

Jean Fidele Uwayezu ati” Abafana ndabumva izo mpungenge zigomba kubaho.Ni nk’uko bagira impungenge z’uko utagura abakinnyi beza, ibyo byose bibaho ariko byose bigomba kugendana. Mubuzima uretse numbwa Rayon Sports, mubuzima busanzwe nta gihe uzavuga ngo ibibazo birarangiye. Ahubwo icyo nabasaba nuko twafatanya tukubaka ikipe ikomeye itwara ibikombe, Kandi nanone turwane no gushaka amafaranga yo guhemba abakinnyi.

Ibyo babimenye Rayon Sports ntahandi ikura kuko nta ngengo y’imari twahawe na Leta kuburyo dusinya imishahara ikagenda buri kwezi, yose nukuyashakisha.

Noneho rero izo mpungenge, tugerageza ibishiboka. Turifuza ko bitaba, twese nabo babitecyereze gutyo. Turarwana no kuyashakisha turizera ko ibihe tugiyemo nibyo byiza kurusha ibyo tuvuyemo. Nibyo tuvuyemo twaragowe hakazamo utubazo tukaducyemura, ariko nubu ibibazo ntibizabura, nandi makipe akomeye agira ibibazo, buri muntu ku rwego rwe agira ibibazo.

Natwe twakoze icyo tugomba gukora gushaka abakinnyi beza, iyo mishahara, tuzarwana nayo tuyashake twese dufatanyije”.

Nyuma yo gusinyisha abakinnyi batandukanye ndetse n’abatoza, ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangira imyitozo bitegura umwaka w’Imikino 2023/2024  ifitemo akazi kenshi

Kandi iyi kipe iri kwitegura umukino wa gicuti izakina na Vitalo y’I Burundiku

You Might Also Like

ITANGAZO RYA NYIRABAHUTU Domitrie USABA GUHINDUZA AMAZINA

Виртуальный портал 1win зеркало online: наполненный каталог тайтлов с бонусными спинами

Rutsiro: Kutagira umuriro bituma abatuye Sure batiteza imbere uko bikwiye

Online Casino games

1Вин зеркало на данный момент диалоговый

igire July 27, 2023 July 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?