Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

igire
igire Yanditswe June 21, 2023
Share
SHARE

Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi.

Perezida wa Zambia yaciye bugufi yunamira abasaga ibihumbi 250 ihashyinguye.

Nyuma yo gusobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi yavuze ko u Rwanda rwahuye n’akaga kasize ihungabana mu Banyarwanda no ku kiremwa muntu muri rusange, avuga ko ibyabaye bidakwiye kongera kuba ukundi ahariho hose ku isi.

Perezida wa Zambia Mu ruzinduko rwe kandi biteganyijwe ko asura Ikigo Norrsken House Kigali gifatwa nk’izingiro ry’ibikorwa by’ikoranabuhanga muri Afurika.

Arasura kandi uruganda rukora ibiribwa byuzuye intungamubiri by’umwihariko ibifasha mu mikurire y’abana no kurwanya imirire mibi (Africa improved Foods) ruherereye mu cyanya cy’inganda cya Kigali i Masoro.

 

 


You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire June 21, 2023 June 21, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?