Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida William Ruto wa Kenya, ari mu ruzinduko mu Rwanda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida William Ruto wa Kenya, ari mu ruzinduko mu Rwanda

igire
igire Yanditswe April 4, 2023
Share
SHARE

Perezida wa Kenya yamaze kugera mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

Perezida William Ruto yageze mu Rwanda
Perezida William Ruto yageze mu Rwanda

Muri aka kanya, arimo kugirana ibiganiro na mugenzi w’u Rwanda Paul. Nyuma yaho, harasinywa amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.

Bimwe mu byo baganiraho harimo inyungu z’ubufatanye bw’ibihugu byombi harimo umuhora wa rugu, umutekano w’ibiribwa, guhanga udushya n’ikoranabuhanga, Ubuzima hamwe n’uburezi.

Perezida Ruto yakiriwe na minisitiri w
Perezida Ruto yakiriwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda

Uru ruzinduko ruteganijwe kandi kuzamura ubufatanye mu bucuruzi mu muryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC) no ku mugabane w’Afurika, muri rusange.

You Might Also Like

Perezida Kagame yerekanye inkingi 3 Afurika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye/AMAFOTO

Gushyira mu ikoranabuhanga inyandiko z’Inkiko Gacaca bizarangira mu 2026

RGB yahagaritse by’agateganyo amasengesho abera ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe

360 Mubari barafashwe bugwate na FDLR batangiye gutaha

Perezida Kagame yeretse abanyeshuri ba Kaminuza ya Havard amateka abanyarwanda banyuzemo

igire April 4, 2023 April 4, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Barasaba ko umuhanda uhuza Ngororero na Rutsiro ukorwa
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?