Perezida wa Kenya yamaze kugera mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

Perezida William Ruto yageze mu Rwanda
Muri aka kanya, arimo kugirana ibiganiro na mugenzi w’u Rwanda Paul. Nyuma yaho, harasinywa amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.
Bimwe mu byo baganiraho harimo inyungu z’ubufatanye bw’ibihugu byombi harimo umuhora wa rugu, umutekano w’ibiribwa, guhanga udushya n’ikoranabuhanga, Ubuzima hamwe n’uburezi.

Perezida Ruto yakiriwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda
Uru ruzinduko ruteganijwe kandi kuzamura ubufatanye mu bucuruzi mu muryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC) no ku mugabane w’Afurika, muri rusange.
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.