Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: RDC: Hamenyekanye umubare w’ingabo za SADC zizarwanya M23 n’igihe zizahamara
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

RDC: Hamenyekanye umubare w’ingabo za SADC zizarwanya M23 n’igihe zizahamara

igire
igire Yanditswe December 30, 2023
Share
SHARE

Bikomeje kugarukwaho ko ingabo za SADC zikomeje kugera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zisimbura iza EAC zari zihamaze umwaka.

Nyuma y’amezi arindwi hemejwe ko izi ngaho zizoherezwa muri Congo, kuri uyu wa Gatatu ushize nibwo abasirikare ba mbere ba Afurika y’Epfo bageze mu Mujyi wa Goma.

Hagendewe ku nyandiko yavuye muri SADC yo ku itariki ya 14 Ukuboza ifitwe na radio y’abafaransa RFI, izi ngabo za SADC zifite ubutumwa bw’amezi 12 muri Congo kandi bugomba koherezwamo ingabo zingana na Brigade, ni ukuvuga abasirikare bagera ku 7.000, ndetse n’ubufasha bwo mu kirere, amazi ndetse n’intwaro zirasa kure.

Ingabo za SADC ngi zigomba “gushyigikira iza FARDC mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bw’igihugu”.

Icyakora, Minisitre w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo, Christophe Lutundula aherutse kuvuga ko ngo ubu butumwa bwa SADC bugamije ahanini kurwanya umutwe wa M23.

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire December 31, 2023 December 30, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?