Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: RDC: Muri Bunia, imyigaragambyo yabereye ku biro by’itora birasahurwa hitabazwa Polisi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

RDC: Muri Bunia, imyigaragambyo yabereye ku biro by’itora birasahurwa hitabazwa Polisi

igire
igire Yanditswe December 20, 2023
Share
SHARE

Muri teritwari ya Bunia, muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo muri iki gitondo ubwo abandi bari ku mirongo y’itora bo baramukiye mu myigaragambyo, aho kuri Site y’itora ya  ISP ibikoresho byasahuwe ibindi birangizwa hitabazwa Polisi, yabanje kurasa ku bigaragambya kugirango babashe kubatatanya no guhosha iyo myigaragambyo.

Muri iki gice cy’umujyi wa Bunia hagiye hagaragara imyigaragambyo ikomeye aho yatewe ahanini n n’abantu bakuwe mu byabo n’intambara aho bavugaga ko babujijwe gutora, iyi myigaragambyo yatumye nibura imashini ebyiri zifashishwa mu matora zangirika aha ku biro by’itora biri ISP.

Abigaragambyaga birukanye abakozi b’amatora, bamena amadirishya kandi bangiza ibikoresho byo gutora. Aho amakuru aturuka i Bunia avuga ko aho kuri Site y’itora ya ISP ibintu bimeze nabi ndetse kubera urufaya  rw’amasasu abigarambya basutsweho na Polisi hakaba hari nabahakomerekeye.

Amakuru dukesha  atugeraho avuga ko abakozi ba Komisiyo ishinzwe amatora CENI bakwiye imishwaro barahunga ibikorwa by’amatora birahagarikwa, mu gice kimwe cya komini ya Shari muri Bunia ndetse ku isaha ya saa tatu ku isaha yaho, urusaku rw’amasasu rwari rwose ibintu byatumye n’abaturage bahunga.

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire December 20, 2023 December 20, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

U Rwanda rurakira Inama Nyafurika yiga ku Ikoranabuhanga mu Buhinzi
ubuhinzi

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?