Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Rio Tinto yemerewe gucukura lithium mu Rwanda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Rio Tinto yemerewe gucukura lithium mu Rwanda

igire
igire Yanditswe January 29, 2024
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda na Rio Tinto Minerals Development Limited basinyanye amasezerano yo gucukura no gutunganya ubwoko bw’amabuye y’agaciro ya Lithium mu Rwanda, mu Ntara y’Iburengerazuba.

Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cya Mine, Peterole na Gaze Yamini Karitanyi, kuba u Rwanda rugiye gukorana n’icyo kigo kuko ari amahirwe mu rwego rw’ubucukuzi.

Yagize ati: “Kwinjiza Rio Tinto mu rwego rw’ubucukuzi ni ukwiyemeza gukomeza guteza imbere urwo rwego, kandi hazakomeza no gushyira imbaraga mu rwego rw’ubucukuzi bukorwa mu buryo bugezweho hagendewe ku bipimo bya ESG.

Mu rwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Kampani Rio Tinto Minerals Development Limited ikorera mu bihugu 35.

Lawrence Dechambenoit ushinzwe ibikorwa muri Rio Tinto yagize ati: “Rio Tinto itewe ishema no gukorana na Guverinoma y’u Rwanda, bikazafasha gukomeza gushakisha ibuye rya lithium riboneka mu Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba”.

IYINKURU  TUYIKESHA :

Rwanda Government Communications

You Might Also Like

U Rwanda rwiteze inyungu kubera izamuka ry’ibiciro bya Wolfram

Kamonyi: Bashinja ‘Abahebyi’ kubangiriza imyaka yari kuri hegitari 20

Ibibazo by’inyamaswa zonera abaturage byikubye gatatu mu myaka itanu ishize

Abanyarwanda 15 barimo gukora imishinga minini bifashishije ubwenge buhangano

Barasaba ko umuhanda uhuza Ngororero na Rutsiro ukorwa

igire January 29, 2024 January 29, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?