Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Rusizi: Abadepite basabye abaturage kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Rusizi: Abadepite basabye abaturage kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo

igire
igire Yanditswe January 28, 2025
Share
SHARE

Abadepite bari mu itsinda ririmo gusura ibikorwa biteza imbere abaturage mu Karere ka Rusizi, babwiye abaturage ko gukorera hamwe ari intambwe ikomeye iganisha ku iterambere, babasaba kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo kugira ngo arusheho kubazamura.

Itsinda ”Dufatanye babyeyi’’ nyuma yo kwizigama barorozanya, bakambikana n’ibindi.

Intambwe mu kwigira na Twiteze imbere Idaga, bahinga imboga n’imbuto, aya matsinda akora ibikorwa bitandukanye ariko bakagira n’ibyo bahuriraho uko ari amatsinda atatu.

Gusa ngo haracyari inzitizi zituma batagera ku iterambere bifuza, ari naho bahera basaba ubuvugizi kugira ngo babashe kwagura ibikorwa byabo bikomeze kubateza imbere.

Ibikorwa by’iterambere birimo guhindura imibereho y’abaturage byiganjemo gukorana n’ibigo by’imari aho hari abahabwa inguzanyo bakazishora mu mishinga y’iterambere yaba ikorwa n’umuntu ku giti cye ndetse n’ababikora nk’itsinda.

Depite Barinda Rutebuka uyoboye itsinda ry’Abadepite riri mu Karere ka Rusizi yijeje abagize aya matsinda ko bazakomeza kubahuza n’amahirwe ahari, ariko anabasaba kuba maso mu gucunga umutungo wabo kugira ngo ukomeze kubagirira akamaro.

Aya matsinda akorera hamwe uko ari atatu afite abanyamuryango 84 akaba akorera ubuhinzi n’ubutubuzi bw’imboga n’imbuto ku busobwa hegitari bwuhirwa.

Aba badepite biteganyijwe ko bazageza tariki 2 uku ukwezi gutaha, basura abaturage mu mirenge itandukanye y’Igihugu.

 

You Might Also Like

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

Perezida Kagame yageze muri Kazakhstan

KIBUNGO:Hari abaganga bakoraga mu bitaro bya Kibungo banenzwe kwijandika muri Jenoside

IMPANURO:Maj Gen Nyakarundi yahaye impanuro inzego z’umutekano z’u Rwanda zigiye kujya i Cabo Delgado

igire January 28, 2025 January 28, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Системы преданности в интернет игорных заведениях – как зарабатывать больше
guide

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?