Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Rusizi: Batatu baguye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye inka
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Rusizi: Batatu baguye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye inka

igire
igire Yanditswe November 17, 2023
Share
SHARE
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu mu Karere ka Rusizi habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yari itwaye inka.

Ni impanuka yabereye ahitwa mu kadasomwa mu Murenge wa Kamembe.

Mu bantu 4 bari bayirimo babiri bapfuye harimo umushoferi wari uyitwaye n’undi muntu umwe.

Iyi modoka kandi yanagonze umugenzi wari uzindutse ajya mu kazi bisanzwe nawe ahita apfa.

Mu nka 25 yari itwaye, 18 murizo zapfuye izindi zirindwi zisigaye nazo zavunaguritse. Muri babiri barokotse umwe yakomeretse byoroheje mu gihe undi arwariye mu bitaro bya Gihundwe.

Iyi mpanuka yatewe no kubura feri kw’imodoka bituma igwa mu man

You Might Also Like

Abashoramari bo muri Hongiriya beretswe amahirwe ari mu Rwanda

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

igire November 17, 2023 November 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Umujyi wa Kigali watanze inzu ku miryango 172 yatujwe mu Mudugudu wa Mpazi
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?