Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Rwamagana: Nyagasambu habereye impanuka ikomeye.
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Amakuru

Rwamagana: Nyagasambu habereye impanuka ikomeye.

igire
igire Yanditswe August 8, 2023
Share
SHARE

Inkuru ya Sam Kabera/Igire.rw 

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 08/8/2023 mu muhanda Rwamagana-Kigali ahazwi nka Nyagasambu habereye impanuka y’ikamyo yari ivuye mu Gihugu cya Tanzaniya.

Iyi mpanuka abayibonye ikimara kuba bavuzeko yabaye mu rukerera,aho ikamyo yari itwaye utuzingo tw’amabati ifite ibirango bya Tanzania uwari uyitwaye yikanze umukecuru warimo yambukiranya umuhanda,agashaka guhagarara bimutunguye bigateza iyo mpanuka.

Utwo tuzingo tw’amabati bitewe no guhagarara bitunguranye imigozi ituziritse yahise icika duhita dukubita cabine y’imodoka irashwanyagurika.

Abantu bari benshi baje gutabara bareba niba barengera ubuzima bw’uyitwaye.

Kuri ubu uwari utwaye iyi kamyo tutabashije kumenya amazina ye yakomeretse bikabije akaba yahise ajyanwa kwamuganga ngo yitabweho, mu gihe umukecuru warimo yambuka umuhanda igufa ry’ukuguru kw’imoso kwacitse.

Amakuru twamenya kuri iyi mpanuka nicyaba cyayiteye tukaba turayabagezaho.

You Might Also Like

Abajyanama b’Ubuzima bagiye kongererwa ubushobozi

ITANGAZO RYA NYIRABAHUTU Domitrie USABA GUHINDUZA AMAZINA

Ibyaranze ishyingurwa rya Papa Francis

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

Iyo uburezi bukora akazi kabwo neza, Jenoside ntiyari kuba – Minisitiri Nsengimana

igire August 8, 2023 August 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

UEFA Champions League:PSG isezereye Arsenal isanga Inter ku mukino wa nyuma
SIPORO

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?