Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: U Bubiligi bwari mu bikorwa byo gusaba ko u Rwanda rufatirwa ibihano- Mukuralinda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

U Bubiligi bwari mu bikorwa byo gusaba ko u Rwanda rufatirwa ibihano- Mukuralinda

igire
igire Yanditswe February 19, 2025
Share
SHARE

Nyuma y’aho u Rwanda rutangaje ko rwahagaritse gahunda y’ubutwererane n’Igihugu cy’u Bubiligi, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko iki cyemezo cyafashwe kubera ko u Rwanda rusanga imyitwarire y’Igihugu cy’u Bubiligi mbere na mbere ibangamiye ibyemezo byagiye bifatwa ku birebana n’ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Kongo.
Mukuralinda yabwiye RBA ko hari ibyemezo byafashwe n’amatangazo yakozwe n’Imiryango irimo uwa Afurika Yunze Ubumwe, uwa SADC ndetse na EAC, igerageza kureba uko iki kibazo cyakemuka biciye mu biganiro na Dipolomasi.
Gusa ngo hari ibihugu birimo n’u Bubiligi aho kuza gushyigikira ibi byemezo, ahubwo byacaga inyuma bikajya kugambanira u Rwanda.
Yagize ati “Hari ibihugu aho kugira ngo bize gushyigikira ibyemezo biba byafashwe, ahubwo bijya gusaba ko u Rwanda rukomatanyirizwa ku mfashanyo ndetse n’imibanire rufitanye n’ibindi bihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga.”
Yavuze ko u Rwanda rwaje kumenya ko u Bubuligi bwari muri ibi bikorwa ariko rugenda rubyihanganira.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire February 19, 2025 February 19, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?