Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: U Rwanda ruzakomeza gushimangira umutekano warwo – Amb. Rwamucyo
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

U Rwanda ruzakomeza gushimangira umutekano warwo – Amb. Rwamucyo

igire
igire Yanditswe February 20, 2025
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Rwanda uhoraho mu Muryango w’Abibumbye (UN), Ernest Rwamucyo, ubwo ku wa Gatatu tariki 19 Gashyantare 2025, yari mu nama y’akanama ka UN gashinzwe amahoro, yigaga ku bijyanye n’ibiri kubera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), yavuze ko u Rwanda ruzakomeza gushimangira umutekano warwo.

Ambasaderi Ernest Rwamucyo

                                                    Ambasaderi Ernest Rwamucyo

Yagize ati “U Rwanda nta yandi mahitamo rufite uretse kurushaho gushimangira umutekano kandi ruzakomeza kubikora.”

Amb Rwamucyo yavuze kandi ko u Rwanda rutewe impungenge n’Ingabo z’amahanga zoherejwe ku mipaka yarwo, harimo iz’Abarundi zisangiye ingengabitekerezo ishingiye ku bwoko n’umutwe wa FDLR, iziri mu butumwa bwa SAMIDRC ndetse na bamwe mu bacanshuro b’Abanyaburayi, basigaye muri icyo Gihugu.

Amb. Rwamucyo yavuze ko hakiri impungenge ziterwa no kuba Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, akomeje kandi gushaka ubufasha bw’izindi ngabo zo mu bihugu bya Afurika.

Yaboneyeho gusaba ko ingabo zose z’amahanga ziri muri DRC zigomba kuvayo, kuko zibangamiye umutekano w’u Rwanda.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire February 20, 2025 February 20, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?