Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ubuhinzi bw’ibireti bwahinduriye ubuzima ab’i Nyabihu
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuhinzi

Ubuhinzi bw’ibireti bwahinduriye ubuzima ab’i Nyabihu

igire
igire Yanditswe April 24, 2025
Share
SHARE

Abahinzi b’ibireti bo mu Murenge wa Kabatwa mu Karere ka Nyabihu bavuze ko ubu buhinzi bwabahinduriye ubuzima kuko byatumye batura heza, barihira abana babo amashuri ndetse banafite ubwishingizi butandukanye bw’ubuzima.

Umurenge wa Kabatwa ni umwe muri 12 igize Akarere ka Nyabihu. Uturiye Pariki y’Ibirunga aho ubutaka buberanye neza n’ubuhinzi bw’ibireti.

Bamwe mu baturage bahakorera ubuhinzi bw’ibireti bavuga ko babukomora ku babyeyi babo kandi ko babukomeje kubera akamaro bubafitiye.

Umuyobozi wa Koperative KOAIKA y’Abahinzi b’Ibireti ba Kabatwa, Munyandekwe Jean de Dieu, yavuze ko ubuhinzi bw’ibireti bubafasha kurumbura ubutaka bwabo kubera gusimburanya ibireti n’indi myaka.

Yashimye ubufasha bahabwa na Leta muri ubu buhinzi bw’ibireti kuko butuma ubuhinzi bwabo burushaho kugenda neza, na bo bakiteza imbere.

Koperative y’Abahinzi b’Ibireti ba Kabatwa, KOAIKA, imaze igihe ikorera ubuhinzi bw’ibireti mu Murenge wa Kabatwa, igizwe n’abanyamuryango 1392 aho umubare munini ari uw’abagore ungana na 51% mu gihe abagabo ari 49%.

 

 

Uwimana Emmanuel

You Might Also Like

RFA irashaka ibiti bivangwa n’imyaka muri buri murima

Nyamasheke: Yatemewe imyaka n’abo yatesheje bashaka zahabu

Perezida Kagame yemeje ko u Rwanda rwatanze ubusabe bwo kwakira Formula 1

Abahinzi b’umuceri i Burasirazuba baratabariza toni 16.000 bejeje zikabura isoko

Hatangajwe ibiciro bishya by’amata

igire April 24, 2025 April 24, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

MUSANZE: Imirenge 4 yo muri Musanze na Gakenke yibasiwe na Malariya
ubuzima

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?