Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ubuyobozi muri Burkina Faso bwatangaje ko bwifuza gufatanya n’u Rwanda kurwanya iterabwoba
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Ubuyobozi muri Burkina Faso bwatangaje ko bwifuza gufatanya n’u Rwanda kurwanya iterabwoba

igire
igire Yanditswe November 22, 2023
Share
SHARE

Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Burkina Faso, General Dr Roger OueDraogo yatangaje ko igihugu cye cyifuza gufatanya n’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba no guhangana n’ibindi bibazo bihungabanya umutekano ku mugabane wa Afurika.

Ibi yabivuze ubwo we n’intumwa bari kumwe bakirwaga i Kigali n’Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye.

Nyuma yo  kugirana ibiganiro General Dr Roger OueDraogo yavuze ko inzego z’umutekano mu gihugu cye zifite akazi katoroshye muri iki gihe, gusa ngo ubufatanye bwabo na Polisi y’u Rwanda ni kimwe mu bisubizo by’ibyo bibazo ari nayo mpamvu y’uru ruzinduko rw’icyumweru mu Rwanda.

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye yagaragarije izi ntumwa ibimaze kugerwaho n’uru rwego mu myaka 23 rubikesha ubufatanye n’abaturage.

Polisi y’igihugu cya Burkina Faso ni rumwe mu nzego eshatu zishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, zikaba zifite imiterere n’imikorere ijya kumera nk’uko byari bimeze mu Rwanda mbere y’umwaka wa 2000, ubwo iyari gendarmerie nationale yahuzwaga na police communale hagashingwa polisi y’igihugu iriho muri iki gihe.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire November 22, 2023 November 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?