Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Umukinnyi w’u munyarwanda yiciwe muri Kenya
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Amakuru

Umukinnyi w’u munyarwanda yiciwe muri Kenya

igire
igire Yanditswe August 21, 2023
Share
SHARE

Umukinnyi wo gusiganwa ku maguru, Rubayita Siragi yaguye muri Kenya aho yazize abagizi ba nabi bamwishe.

Iyi nkuru y’incamugongo yasakaye ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 20 Kanama 2023 ni mu gihe Rubayita we yishwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize.

Amakuru IGIRE  n’uko Rubayita yari amaze iminsi yibera muri iki gihugu cya Kenya, akaba yaritabye Imana ariko kandi akaba atazize uburwayi kuko atari arwaye.

Uwahaye amakuru IGIRE yagize Ati”Rubayia yazize ubugizi bwa nabi aho abagizi ba nabi bamuteze maze bakamwica”

Uyu Rubayita Sirage yari umwe mubakinnyi bakomeye mu mukino wo kwiruka namaguru kuko muri Mutarama 2023, Rubayita Sirage yegukanye umudali wa Bronze nyuma yo kuba uwa 3 muri Huye Half Marathon, icyo gihe yakiniraga NAS.

Muri 2021, Rubayita wari ufite imyaka 34 yitabiriye Walk e Middle Distance Night, Arena Civica, Milano yabereye mu Butaliyani, icyo gihe yegukanye umwanya wa mbere.

Muri Kamena 2023 yitabiriye Kigai International Peace Half Marathon yabereye mu Rwanda i Kigali akaba yarasoreje ku mwanya wa 13.

 

Siragi Rubayita yiciwe muri Kenya

 

You Might Also Like

ITANGAZO RYA NYIRABAHUTU Domitrie USABA GUHINDUZA AMAZINA

Виртуальный портал 1win зеркало online: наполненный каталог тайтлов с бонусными спинами

Rutsiro: Kutagira umuriro bituma abatuye Sure batiteza imbere uko bikwiye

Online Casino games

1Вин зеркало на данный момент диалоговый

igire August 21, 2023 August 21, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?