Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko gutakaza ubuzima uri mu Gisirikare ari ubutwari. Ibi yabitangaje tariki 15 Mata 2024 mu ijambo rye nyuma yo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda ba Ofisiye 624 abaha ipeti rya Sous-Lieutenant.
Perezida Kagame yasabye aba Ofisiye bashya kwanga agasuzuguro, ubugwari n’ububwa ahubwo bakaba bapfira ukuri, bagapfira agaciro ubuzima bwabo bakwiriye kuba babuha, ndetse ubazanyeho intambara akabyicuza.





















Muri aba ba Ofisiye, harimo 51 b’igitsina gore


























































Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.