Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n’Ingabo z’u Rwanda
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Nyamasheke: Mu minsi ibiri abarwayi 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora n’Ingabo z’u Rwanda

igire
igire Yanditswe May 2, 2024
Share
SHARE

Mu minsi ibiri gusa, abarwayi barenga 1000 bamaze kuvurirwa ku bitaro bya Kibogora Polythechnic mu Karere ka Nyamasheke, barimo gusuzumwa, kuvurwa bakanahabwa imiti n’ingabo z’Igihugu ndetse na Polisi muri iki cyumweru cyahariwe ibikorwa by’ingabo na Polisi.

Abamaze kuvurwa, barashimira Ingabo z’igihugu na Polisi ko na nyuma yo kubarindira umutekano barenzaho no kubungabunga ubuzima bwabo.

Biteganijwe ko ingabo z’Igihugu na Polisi bazamara ibyumweru 2 bavurira abaturage ku bitaro bya Kibogora Polythechnic i Nyamasheke. 

Barimo kuvura indwara zirimo izo mu mazuru, mu kanwa no mu muhogo, iz’amenyo, iz’uruhu, iz’amagufwa, iz’abana, indwara zisanzwe, izikeneye kubagwa n’izindi.

Muri iki cyumweru kandi Ingabo na Polisi y’Igihugu bubakiye abatuye mu Mirenge ya Ruharambuga i Nyamasheke ndetse no mu Mirenge ya Nkombo na Bweyeye amarerero rusange 3, ndetse banubaka ikiraro cya Bazibishya kiri mu Murenge wa Mahembe.

 

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire May 3, 2024 May 2, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?