Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abadepite basuye Intwaza mu rugo rw’Impinganzima mu Karere ka Bugesera
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Abadepite basuye Intwaza mu rugo rw’Impinganzima mu Karere ka Bugesera

igire
igire Yanditswe June 16, 2023
Share
SHARE

 

Kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Kamena, Itsinda ry’abagize ihuriro rishinzwe gukumira Jenoside, ipfobya n’ihakana rya Jenoside yakorerwe Abatutsi mu Nteko Ishinga Amategeko rikumira (AGPF) n’Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko (FFRP), bayobowe na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Hon. Donatille Mukabalisa, basuye Intwaza mu rugo rw’Impinganzima mu Karere ka Bugesera.

Iki gikorwa kandi kiri gukorerwa no mu zindi ngo z’impinganzima mu turere twa Huye na Nyanza.

Ni igikorwa cyateguwe n’Abasenateri n’Abadepite bagize Amahuriro ya AGPF na FFRP hagamijwe gukomeza kubegera no kubafata mu mugongo mu gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, no kwifatanya nabo mu kwibuka biyubaka, bibasubizamo imbaraga n’icyizere cyo kubaho.

Ni mugihe kandi u Rwanda rukiri mu minsi 100 yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi izarangira tariki ya 4 Nyakanga. Iyi minsi ikaba ikorwamo ibikorwa bitandukanye byo Kwibuka. 

 

 

 

 

 

Manzi Prince

You Might Also Like

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Côte d’Ivoire

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye Intumwa ya Perezida wa Ghana

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira

Amerika: Abihinduje igitsina batangiye kwirukanwa mu gisirikare

igire June 16, 2023 June 16, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?