Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: As Kigali nyuma yokojyerera amasezerano umutoza yasinyishije abakinnyi bakomeye
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Imikino

As Kigali nyuma yokojyerera amasezerano umutoza yasinyishije abakinnyi bakomeye

igire
igire Yanditswe July 28, 2023
Share
SHARE

Nyuma yigihe kitari gito abakunzi b’umupira wamaguru murwanda bibaza kuhazaza ha As Kigali benshi batecyereza ko ishobora no kutazakina shampiyona y’umwaka utaha 2023/2024 gusa ubuyobozi bw’ikipe bukomeza guha icyizere abakundi ba ruhago ko izakina shampiyona.

Muntangiriro zicyi cyumweru nimbwo bongereye amasezerano umutoza Cassa Mbongo Andrew noneho bigarurira icyizere abakunzi b’umupira wamaguru ko izakina shampiyona y’umwaka utaha 2023/2024 kugeza uyumunsi haramutse havugwa amakuru ko As Kigali yamaze gusinyisha abakinnyi batatu bavuye muma kipe ariyo Gasogi United na Kiyovu Sports aribyo

Umuzamu KIMENYI Yves wakiniraga KIYOVU Sports wari na Captain wayo mu yasinye Umwaka 1.

Myugariro Thierry NDAYISHIMIYE bakinanaga nawe asinya imyaka 2 muri AS Kigali,

Umuzamu Gael Cyuzuzo wakiniraga Gasogi United nawe asinya imyaka 2.

Si aba bakinnyi bavungwa muri AS Kigali hari amakuru avugwa ko, Dominique, Aime na Ozey ba Police FC…

Fiston na Blaise ba APR FC nabo mu nzira yerekeza mu ikipe ya As Kigali.

Niyitegeka Jean Marie Vianney/ IGIRE.RW

You Might Also Like

Perezida Kagame yanenze abikoreza u Rwanda inshingano zitubahirizwa muri RDC

Perezida KAGAME yashyizeho umuyobozi wa RDB

MINEDUC yasubukuye gahunda yo gusura abanyeshuri yasubitswe kubera Marburg

U Rwanda rwatsinze Argentine mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi warebwe na Perezida Kagame (Amafoto)

#FIBAWWC 2026: U Rwanda rwatangiye neza urugendo rugana mu Gikombe cy’Isi (Amafoto)

igire July 28, 2023 July 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze
Ubukungu

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?