igire

1618 Articles

BK TecHouse na RTN biragufasha kwishyura amafaranga y’ishuri utagiye kure

Ikigo BK TecHouse hamwe n’icyitwa Rwanda Telecentre Network (RTN), bitanga serivisi z’ikoranabuhanga,…

na igire

Perezida Kagame na Blinken bongeye kuganira ku mutekano muke wa RDC

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yongeye kugirana ikiganiro kuri telefoni…

na igire

Karongi: Bategerezanyije ubwuzu igishushonyo mbonera cy’umujyi wabo

Bamwe mu batuye mu Karere ka Karongi cyane cyane mu Mujyi wako…

na igire

RDC: Imirwano ikomeye yongeye kwaduka i Kibumba isatira Goma

Nyuma imirwano yabereye mu bice bitandukanye bya Masisi tariki 5 Ugushyingo 2023,…

na igire

Minisitiri Biruta yitabiriye inama ya 44 ya OIF

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, ari i Yaoundé…

na igire

Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegeko ry’ubuhinzi n’ubworozi

Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegekory’ubuhinzi n’ubworozi, hagamijwe kongera umusaruro no kwihaza mu biribwa. Ibi barabivuga nyuma y’uko basanze imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare igaragaza ko 20% by’abanyarwanda batabona ibiribwa bihagije. Hirya no hino mu mirima abahinzi bafite icyizere cy’uko muri ikigihembwe cy’ihinga cya 2024 A bazabona umusaruro kuko ibishyimbo, ibigori, ibirayi, umuceri ngo byabonye imvurail ihagije. Nyamara hari hamwe bigaragara ko hari abatarahinzeubutaka bwabo n’ibibanza. Ni mu gihe minisiteri y’ubuhinzin’ubworozi n’izindi nzego zari zasabye abahinzi ko ahari ubutaka bwose mu gihugu bugenewe ubuhinzi bugomba guhingwa hagamijwe kongera umusaruro. Bamwe mu bahinzi…

na igire

Uko u Rwanda rwabonye amahirwe y’ubukerarugendo rukiva mu bibazo

Mu gihe Isi yose yari yumijwe n’amakuru yavugwaga ku Rwanda na Jenoside…

na igire

Inzego n’ibigo bya Leta bidatanga raporo y’imikoreshereze y’imari byasabiwe gufatirwa imyanzuro

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’Igihugu (PAC), yagejeje ku Nteko rusange…

na igire

U Rwanda na Venezuela byiyemeje gukuraho viza ku badipolomate n’abakozi ba Leta

U Rwanda na Venezuela byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye ajyanye no gukuraho…

na igire

Perezida wa Tanzania yitabiriye Inama ya WTTC i Kigali

Perezida wa Repubulika y’Ubumwe ya Tanzania Madamu Suluhu Samia Hassan yageze i…

na igire