U Rwanda rurasaba Afurika kongera abashakashatsi mu kurwanya indwara
Guverinoma y’u Rwanda yifuza ko uruhare rw’abashakashatsi mu kurwanya indwara muri Afurika…
Abayoboke ba PL biyemeje kwihutisha gahunda ya NST 2
Abayoboke b’Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu, PL, baratangaza ko biyemeje kugira…
Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 58 688 batanze amaraso angana…
Ikibazo cy’umusaruro w’imboga wangirikaga kigiye kuvugutirwa umuti
Abahinzi b’imboga n’imbuto bo mu Ntara y’Amajyaruguru baravuga ko umusaruro wabo wangirikiraga…
Musanze: Abagore barara mu tubari barashinjwa kwica umuco no kwimika ubusambanyi
Hari abagore bo mu mirenge ya Kimonyi na Muko banenga bagenzi babo…
U Rwanda rwohereje Abapolisi 140 mu butumwa bwa Loni muri Santarafurika
U Rwanda rwohereje Abapolisi 140 mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro…
Musanze: Ikibazo cy’ahashyirwa imyanda kigiye gukemuka burundu
Abaturage bo mu Karere ka Musanze bavuga ko ikimoteri kigezweho kirimo kubakwa…
Rutsiro: Umuvunyi yerekanye ko byinshi mu bibazo by’abaturage biterwa n’inzego z’ibanze zitabegera
Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Murunda, babwiye Umuvunyi…
Abana 37% bari mu byago byo kugira amaraso make
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera Umwana, NCDA, kivuga ko mu Rwanda…
Impungenge ku bagore batinya kwisuzumisha kanseri y’ibere
Hirya no hino mu Gihugu, hari ababyeyi bavuga ko batinya kwisuzumisha indwara…