RIB yataye muri yombi abakozi ba FERWAFA barimo Kalisa Adolphe
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora…
Nyarugenge: Uwaherukaga kugaragara akina “akadege” umurambo we wasanzwe muri Mpazi
Umurambwo w’umugabo witwa Turimumahoro Antoine wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu…
Gakenke: Batandatu bafunzwe bazira gucukuraga Coltan na gasegereti mu buryo butemewe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gakenke yafunze abantu batandatu nyuma…
Ruhango: Bafatiwe mu cyuho bari kwiba, umwe aricwa
Abagabo batatu bafatiwe mu cyuho bari gucukura inzu bashaka kwiba ihene, ba…
U Rwanda rugiye gusimbuza abasirikare n’abapolisi bari mu butumwa muri Mozambique
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, ari kumwe…
BK imaze gushora arenga Miliyari 61Frw mu mishinga y’ingufu
Mu gihe mu Rwanda hatangijwe icyumweru cy’ingufu z’amashanyarazi, hibandwa cyane ku ngufu…
U Rwanda rubaye urwa 2 muri Afurika rutangije sisitemu irengera ibidukikije
Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN), kuri uyu wa…
Urukiko rwo muri Afurika y’Epfo rwafashe umwanzuro w’uko abagabo bafite uburenganzira bwo kwitwa amazina y’abagore babo .
Urubuga rwa BBC dukesha iyi nkuru rutangazako Urukiko rw'ikirenga rwo muri Afurika…
Perezida wa Ghana yemeye kwakira Abanyafurika bo mu Burengerazuba birukanywe muri Amerika
ibirontaramakuru by’abongereza Reuters dukesha iyi nkuru bitangazako Ghana yemeye kwakira abaturage bo…
Uganda: Abakandida bifuza guhanganira ku mwanya wa Perezida bashyikirije komisiyo y’amatora imikono yabo mbere y’amatora ya 2026
Urugendo rwo gushaka kwiyamamariza ku mwanya w'umukuru w'igihugu mu matora y'ubutaha rikomeje…