ubuhinzi Stories

NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n’imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi

Ikigo gishinzwe iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB kivuga ko…

na igire

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yasuye Ishuri rya RICA

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yasuye Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi…

na igire

Abagura ibigori munsi y’igiciro cyashyizweho bashobora guhanwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare n’aka Gatsibo, burasaba abaturage guhunika imyaka bejeje aho…

na igire

Intara y’i Burasirazuba yasabwe kunoza uburyo bw’imiturire

Mu gihe imibare igaragaza ko Intara y’I Burasirazuba ari yo ikomeje guturwa…

na igire

Rwanda: Ubutaka bungana na 0,1% nibwo bukorerwaho ubuhinzi bw’umwimerere

Mu gihe abakora ubuhinzi bw’umwimerere mu Rwanda bavuga ko bagorwa no kubona…

na igire

Amajyepfo: Abahinzi bahawe ifumbire babagaza ibigori

Abaturage bo mu Ntara y’Amajyepfo bibumbiye muzi za Koperative zihinga ibigori, bashyikirijwe…

na igire

Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegeko ry’ubuhinzi n’ubworozi

Abakora ubuhinzi barasaba ko mu Rwanda hajyaho itegekory’ubuhinzi n’ubworozi, hagamijwe kongera umusaruro no kwihaza mu biribwa. Ibi barabivuga nyuma y’uko basanze imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare igaragaza ko 20% by’abanyarwanda batabona ibiribwa bihagije. Hirya no hino mu mirima abahinzi bafite icyizere cy’uko muri ikigihembwe cy’ihinga cya 2024 A bazabona umusaruro kuko ibishyimbo, ibigori, ibirayi, umuceri ngo byabonye imvurail ihagije. Nyamara hari hamwe bigaragara ko hari abatarahinzeubutaka bwabo n’ibibanza. Ni mu gihe minisiteri y’ubuhinzin’ubworozi n’izindi nzego zari zasabye abahinzi ko ahari ubutaka bwose mu gihugu bugenewe ubuhinzi bugomba guhingwa hagamijwe kongera umusaruro. Bamwe mu bahinzi…

na igire

Bugesera: Bizeye ko ibiti byahatewe bizabafasha guhangana n’amapfa

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera by’umwihariko abo mu Murenge wa Gashora…

na igire

Rwamagana: Abanyeshuri bo mu ishuri rya St. Aloys bakiriye impanuro bahawe n’Abadepite

Yanditswe na: Arsene MBANGUKIRA Hirwa Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana Bwana MBONYUMUVUNYI Radjab…

na igire

Rwamagana: Impungenge abahinzi bari bafite zo kubura imbuto zirasa nizigiye gusubizwa.

Bamwe mu bahinzi bo mu murenge wa Nzige ho mu karere ka…

na igire