Guverinoma yakuyeho umusoro nyongeragaciro ku ifu y’ibigori n’umuceri
Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda, MINICOM yatangaje ko mu rwego rwo guhangana n'izamuka…
Ibirayi bya Kinigi ntibigomba kurenza 460Frw ku kilo
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yagabanyije igiciro cy’ibirayi, umuceri n’ifu y’ibigori, aho ibirayi…
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yamaze impungenge abatinya gushora imari mu Buhinzi n’Ubworozi
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, ubwo yagezaga ku Nteko rusange y’imitwe yombi…
KIREHE-Mushikiri: Abahinzi ba Kawa borojwe amatungo magufi agizwe n’ihene
Ni igikorwa cyakozwe mumvura nyinshi ariko itaciye intege abari bakitabiriye, aho Ubuyobozi…
Abashakashatsi barasaba ko hakongerwa amafaranga ashyirwa mu bushakashatsi mu buhinzi
Abashakashatsi ndetse n’abigisha amasomo ajyanye n’ubuhinzi, basanga hakwiye kongerwa amafaranga ashyirwa mu…
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yasuye umushinga wo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi muri Nyagatare
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangiye gusura imishinga itandukanye mu ntara…
Nyabihu: Babangamiwe n’amazi y’imvura akomeje kubangiriza inzu n’imirima
Abaturage bo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko…
Iburasirazuba:Aborozi bishimiye uburyo bakorana n’ikigo k’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi(RAB).
Mu ntara y’iburasirazuba aborozi bahakorera umwuga w’ubworozi barashimira leta y’u Rwanda ifatanyije…
i Rusizi : Abahinzi ba Kawa bahangayikishijwe numusaruro wabo wangirika
Abaturage bo mukarere karusi bahangayikishijwe nuko umusaruro wabo wa kawa nyangirika kubera …