Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Igishanga cya Mulindi kigiye gutunganywa
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Igishanga cya Mulindi kigiye gutunganywa

igire
igire Yanditswe January 16, 2024
Share
SHARE

Ikibazo cy’Igishanga cya Mulindi kidatunganyije ni kimwe mu byifuzo abatuye mu Karere ka Gicumbi bagaragaje mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 18 yabaye muri Gashyantare 2023.

Igishanga cya Mulindi gifite hegitari zisaga 1200 ariko muri zo 120 ntizitunganyije, kikaba gikunze kuzuzuzwa ahanini n’amazi ava mu misozi y’aka karere akangiza imyaka yabo.

Iki gishanga gikikijwe n’imisozi miremire yo mu Mirenge ya Kaniga, Cyumba n’indi itandukanye. Mu bihe by’imvura nyinshi, usanga cyarengewe n’amazi ku buryo bikoma mu nkokora abahinzi.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri, avuga ko iki gishanga kiri mu bizatungwanywa n’Umushinga CDAT [Commercialization and De-risking for Agricultural Transformation] ugamije kongera ubuso bwuhirwa n’ingano y’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi bijyanwa ku isoko no kunganira ishoramari. Biteganyijwe ko imirimo yo kugitunganya izatangira muri Kamena 2024.

 

You Might Also Like

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

igire January 16, 2024 January 16, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?