Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Jackson Mayanja yatandukanye na Sunrise FC yatozaga
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Imikino

Jackson Mayanja yatandukanye na Sunrise FC yatozaga

igire
igire Yanditswe June 7, 2025
Share
SHARE

Umunya-Uganda Jackson Mayanja yatandukanye na Sunrise FC ku bwumvikane bw’impande zombi kuko yari agifite umwaka umwe w’amasezerano yo kuyitoza.

‎‎Jackson Mayanja yagizwe umutoza wa Sunrise FC tariki ya 1 Ugushyingo 2023 ubwo iyi Kipe yo mu Burasirazuba bw’u Rwanda yari iri mu Cyiciro cya Mbere, anamanukana na yo mu cya Kabiri.

Mayanja wahawe inshingano zo gusubiza Sunrise FC mu Cyiciro cya Mbere yaje kongerwa amasezerano y’imyaka ibiri taliki ya 15 Gashyantare 2024 ndetse yagombaga kumugeza mu 2026.

Nyuma yo kumvikana kw’impande zombi, Mayanja n’ubuyobozi bwa Sunrise FC banzuye gutandukana.

Mayanja yatandukanye na Sunrise FC iri mu Cyiciro cya Kabiri. Mu mwaka w’imikino wa 2024-2025, yakinnye imikino 24, atsinda 12, anganya 8 mu gihe yatsinzwe 4. Uyu musaruro watumye Sunrise FC inanirwa gusoreza mu makipe abiri ya mbere mu Itsinda B kuko yagize amanota 44, isoza inyuma ya Gicumbi FC na AS Muhanga, ari na yo makipe yazamutse mu Cyiciro cya Mbere nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya kamarampaka yahuje amakipe ane arimo La Jeunesse FC na Etoile de l’Est.

 

You Might Also Like

BAL2025: APR BBC yabonye intsinzi ya kabiri

BAL 2025: APR BBC yatsinze Nairobi City Thunder imbere ya Perezida Kagame (Amafoto)

Perezida Kagame yanenze abikoreza u Rwanda inshingano zitubahirizwa muri RDC

Perezida KAGAME yashyizeho umuyobozi wa RDB

MINEDUC yasubukuye gahunda yo gusura abanyeshuri yasubitswe kubera Marburg

igire June 7, 2025 June 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?