Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Kayonza: Imiryango isaga 400 yasabwe kwimukira ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Kayonza: Imiryango isaga 400 yasabwe kwimukira ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

igire
igire Yanditswe August 27, 2024
Share
SHARE

Imiryango isaga 400 yo mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza, irimo gusabwa kwimukira ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kuko ngo ari byo byagenewe aho batuye.

Akagali ka Nkondo ni kamwe mu dufite Imidugudu ituwemo n’abaturage basabwe kwimuka, gusa bo bagaragaza ko iki cyemezo cyabafatiwe kirimo akarengane nyuma yo kubwirwa ko aka gace kahariwe ubucukuzi.

Kuri uyu wa Nbere inzu zimwe zari zatangiye gukurwaho.

Gusa mu Mudugudu umwe, hari izindi nyubako zirimo kuhazamurwa kandi amakuru abaturage bahawe ari uko aka gace katahariwe guturwamo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwinkwavu, Barigomwa Djafari avuga ko hari abaturage barenze ku mategeko maze bigabiza umutungo w’Igihugu, ari nayo mpamvu yo kubasaba kuwimukamo.

Minisitiri y’Ubutegetsi bw’Igihigu, Musabyimana Jean Claude we arahumuriza aba baturage ko iki kibazo kirimo gushakirwa igisubizo kirambye.

Kugeza ubu imiryango 432 ituye mu Midugudu ya Muganza, Rwinkwavu na Kinihira ni yo irimo gusabwa kwimuka, irabishaka ariko igasaba kwerekwa aho gukomereza ubuzima.

 

You Might Also Like

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

Perezida Kagame yageze muri Kazakhstan

KIBUNGO:Hari abaganga bakoraga mu bitaro bya Kibungo banenzwe kwijandika muri Jenoside

IMPANURO:Maj Gen Nyakarundi yahaye impanuro inzego z’umutekano z’u Rwanda zigiye kujya i Cabo Delgado

igire August 27, 2024 August 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Kayonza: Icyanya cy’ubuhinzi bw’imbuto cyabahinduriye ubuzima
ubuhinzi

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?