Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Kayonza:Orora wihaze ibasize heza
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Kayonza:Orora wihaze ibasize heza

igire
igire Yanditswe December 11, 2024
Share
SHARE

Abaturage bafashijwe na Orora Wihaze bavuga ko babonye ibyiza mu gukorana nuyu mushinga aho wagize uruhare mu kurandura ubukene mu bagenerwabikorwa bayo.

Ibi byatangarijwe mu karere ka Kayonza aho hasorejwe ibikorwa by’uyu mushinga ku mugaragaro ,ibikorwa byitabiriwe n’abayobozi batandukanye bo mu nzego z’ibanze mu turere uyu mushinga wakoreyemo.

Mubaganiriye na Igire.rw  bavuze ko imiryango yabo yarikennye ku buryo bugaragara ariko kuri ubu bakaba baratangiye gutera intambwe mu kurandura ubukene babicyesha Orora Wihaze.

Ndatsikira Jean wo mu murenge wa Mwili yabwiye Umunyamakuru wa Igire ko atariyarigeze atunga inka ariko ubu anywa amata acyesha Orora Wihaze.

Ati:”Njye nabaga mu muryango ucyennye uri hasi cyane arikk ubu amahugurwa nahawe ,ubushobozi nahawe byatumye ubu ntunga inka ,abana banywaho amata.”

Umufashamyumvire wo muri aka gace yavuze ko guhindura imyumvire byatumye abaturage barwanya imirire mibi aho bahawe inkoko zitera amagi ku buryo ubu abana barya amagi.

Ati:Guhindura inyumvire byatumye ababyeyi bamenya ibyo kugaburira abana bitaretse no kubitegura ,byarafashije ku buryo uhu hehe n’igwingira mu bana bacu.”

Umuyobozi wa Orora Wihaze(uwo mudamu)

Umuyobozi wa Orora Wihaze yavuze ko ibikorwa byakozwe byakozwe ku neza y’abaturage aho bagize uruhare rugaragara mu gucyemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage.

Ati:”Kuri twe ineza y’abaturage niyo twashyize imbere ,tworoza abaturage amatungo magufi yagize uruhare mu kurwanya imirire mibi mu miryango yo mu turere twakoreyemo.”

Dr Solange Uwituze (Deputy Director General in charge of Animal resources Development)

Umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe iterambere ry’umutungo muri RAB  yashimye ubufatanye bwaranze Orora Wihaze muri iyi myaka 5 isaba ko ahibwo yagera n’ahandi mu gihugu

AMAFOTO:

UMWANDITSI

KABATESI Appolonie

You Might Also Like

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

Abadepite basabiye urubyiruko rw’amikoro make n’abarengeje imyaka 65 guhabwa inguzanyo ya VUP

igire December 11, 2024 December 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?