Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’umubikira Soeur Immaculée
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’umubikira Soeur Immaculée

igire
igire Yanditswe November 11, 2023
Share
SHARE

Madamu Jeannette Kagame yagiranye ibiganiro n’umubikira, Soeur Immaculée ari kumwe n’itsinda riturutse mu muryango wa gikristu witwa Famille Esperance.

Ibiganiro byabo byibanze ku cyakorwa mu gukomeza kubaka umuryango mwiza kandi utekanye.

Soeur Immaculee Uwamariya ni umubikira umaze kumenyekana cyane mu Rwanda kubera inyigisho atanga ku rukundo, kubana, urubyiruko n’imibereho rusange harimo no kubaka ingo zihamye.

Akaba ari umwe mu bashinze Umuryango Famille Esperance, Umuryango uhuza abemera bo mu nzego zitandukanye z’ubuzima bashaka kwishyira hamwe, bashinze imizi mu buzima bwa gikirisitu n’iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika no hanze yayo, cyane cyane hagamijwe guteza imbere ingo n’umuryango muri rusange.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire November 11, 2023 November 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?