Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Mu Rwanda uburenganzira bw’umuturage bwubahirizwa uko bikwiye.
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Mu Rwanda uburenganzira bw’umuturage bwubahirizwa uko bikwiye.

igire
igire Yanditswe June 11, 2024
Share
SHARE

Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu mu Rwanda  ivuga ko isuzuma ngaruka gihe rireba uburenganzira bwa muntu igaragaza ko buri mu turarwanda uburenganzira bwe kugeza ubu bwubahirizwa kuko niyo hagize urenganyijwe itegeko riramurengera,ibi byagarutsweho na Madame Umurungi Providence Perezida w’iyi Komisiyo ubwo yari yitabiriye inama igaruka kuri bujyanama

Umurungi Providence:Perezida wa Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu

ngaruka gihe bwahawe URwanda kukubahiriza uburenganzira bwa muntu.Ubwo inzego bireba zinarimo baturutse mu bigo bya Leta n’Ibyigenga  na cyane abanyamategeko bahuraga hagamijwe kurebera hamwe aho isuzuma ngaruka gihe mpuzamahanga ku iyubahirizwa ry‘uburenganzira bwa muntu rigeze rishyirwa mu bikorwa Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’uburenganzira bwa muntu UPR  yatanze umucyo kuri iri suzuma ngaruka gihe kuri bwo.

Madame Umurungi Providence Perezida wa komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu anavuga uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa dore ko itegeko ribereyeho kubahirizwa uko bikwiye.

Eric Ruzindaza ashinzwe ikurikirana bikorwa mu muryango Brige to Justice ukaba ari umushinga ushyira mu bikorwa kubahiriza

mpuzamahanga UPR avuga ko bafatanya na Leta Y’Urwanda iyi gahunda.

Ruzindaza Eric(RBJ)

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB Dr Murangira B.Thierry avuga ko uburenganzira bwa kiremwa muntu nubwo bwa kubahirizwa ariko nta muturage n’umwe ukwiye kurengera nkuko binateganyijwe mu itegeko nshinga rya Republika y’Urwanda.

Dr.Murangira B.Thierry(Umuvugizi wa RIB)

Isuzuma ngaruka gihe mpuzamahanga UPR ni uburyo bushya bwo guharanira uburengaznzira bwa muntu bwemejwe n’icyemezo 60/51 cy’inteko rusange y’umuryango w’abibumbye yo kuwa 15           Werurwe 2006 bukaba bwarajwe gushyirwaho n’icyemezo 5/1 cyo kuwa 18 Kamena 2007 kikaba ari icy’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu.

AMAFOTO :

You Might Also Like

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

igire June 11, 2024 June 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Шесть основных ориентиров для определения доверенного интернет-казино
betting

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?