Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Musanze: Abahinzi barataka imbuto n’ifumbire
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
ubuhinzi

Musanze: Abahinzi barataka imbuto n’ifumbire

igire
igire Yanditswe September 13, 2023
Share
SHARE
Abahinzi bo mu Karere ka Musanze barasaba inzego zibishinzwe kubagezaho imbuto y’ibigori n’ifumbire mvaruganda kuko kuyibona ari ikibazo gikomeye. Bavuga ko bikomeje kubadindiza muri iri tangira ry’igihembwe cy’ihinga cya 2023A. 

Urugero ni abahinzi  bahinga mu Kibaya cya Mukinga bavuga ko intabire bamaze ukwezi bahinze zaraye kubera kubura imbuto y’ibigori n’ifumbire.

Bavuga ko baniyandikishije muri Smart Nkunganire ariko bategereza guhabwa imbuto y’ibigori baraheba.

Mu Karere ka Musanze ubwo hatangizwaga igihembwe cy’ihinga cya 2023A Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) ndetse n’ubuyobozi bw’akarere batanze ibiro by’imbuto y’ibigori 825 ikaba yahawe abahinzi k’ubuntu. Gusa abahinzi bijejwe kubona imbuto y’ibigori n’ifumbire mvaruganda binyuze mu mazone yashyizweho n’abahinzi ndetse n’abagorodira (Agro dealers) babegereye.

Ikibaya cya Mukinga gifite hegitari zirenga 70, kikaba gihingaho abahinzi basaga 2000 bo mu turere twa Gakenke na Musanze.

Bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Musanze bakeneye imbuto n’ifumbire

You Might Also Like

Ubuhinzi bw’ibireti bwahinduriye ubuzima ab’i Nyabihu

RFA irashaka ibiti bivangwa n’imyaka muri buri murima

Nyamasheke: Yatemewe imyaka n’abo yatesheje bashaka zahabu

Perezida Kagame yemeje ko u Rwanda rwatanze ubusabe bwo kwakira Formula 1

Abahinzi b’umuceri i Burasirazuba baratabariza toni 16.000 bejeje zikabura isoko

igire September 13, 2023 September 13, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Perezida Kagame asanga Abanyafurika ari bo kibazo ubwabo :AMAFOTO MEZA CYANE
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?