Perezida Kagame arifuza kubona ‘inkovu’ z’abayobozi batuzuza inshingano zabo( AMAFOTO)

igire

Perezida Paul Kagame arambiwe abayobozi bicara bagapanga igenamigambi ry’ibikorwa, ariko rikarangirira mu nyandiko, n’ibikozwe ugasanga bikorwa mu buryo busa nk’ubwo kwikiza aho gukora ibikorwa byagutse kandi birambye.

Asoza umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze n’abo ku rwego rw’Igihugu, mu Karere ka Bugesera, ku wa 23 Werurwe 2026, Perezida Kagame yavuze ko arambiwe kumva amagambo aho kwerekwa ibikorwa.

AMAFOTO :

 

AMAFOTO :

Office of the President-Communications Office

 

 

Share This Article