Perezida Paul Kagame arambiwe abayobozi bicara bagapanga igenamigambi ry’ibikorwa, ariko rikarangirira mu nyandiko, n’ibikozwe ugasanga bikorwa mu buryo busa nk’ubwo kwikiza aho gukora ibikorwa byagutse kandi birambye.

Asoza umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze n’abo ku rwego rw’Igihugu, mu Karere ka Bugesera, ku wa 23 Werurwe 2026, Perezida Kagame yavuze ko arambiwe kumva amagambo aho kwerekwa ibikorwa.
AMAFOTO :


AMAFOTO :
Office of the President-Communications Office
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.
