Perezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, mu ruzinduko rw’akazi. Ubwo yari ageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Doha, yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Mohammed bin Abdulaziz bin Saleh Al Khulaifi, hamwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Qatar, Igor Marara Kayinamura.

U Rwanda na Qatar bisanzwe bifitanye umubano ukomeye mu nzego zirimo ubwikorezi bwo mu kirere, umutekano, ishoramari, no koroshya ingendo hagati y’ibihugu byombi. Ibihugu byombi bufite n’imishinga minini bihuriyeho harimo nko kubaka ikibuga mpuzamhaga cy’indege cya Kigali cyubakwa i Bugesera, n’ibindi.
AMAFOTO


Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.
