Perezida wa Repubilika yakoze impinduka muri Guverinoma

igire

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka mu bagize Guverinoma aho Dr Uwamariya Valentine wari Minisitiri w’Uburezi yagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Gaspard Twagirayezu agirwa Minisitiri w’Uburezi.

Maj Gen Albert Murasira Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, mu gihe Kayisire Marie Solange wayoboraga iyi Minisiteri yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu.         Kayisire Marie Solange          Dr Uwamariya Valentine 

Share This Article