Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: RDC: Amatora agomba gusubikwa ? Hategerejwe umwanzuro w’urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Mu Rwanda

RDC: Amatora agomba gusubikwa ? Hategerejwe umwanzuro w’urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga

igire
igire Yanditswe December 14, 2023
Share
SHARE

Amatora yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yari ateganijwe kuba muri uku kwezi kuwa 20 Ukuboza ashobora gusubikwa nyuma y’uko urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga rugiye kwiga kuri uyu mwanzuro.

 

Ibi byatangajwe mu gihe hasigaye igihe gito ngo aya matora atangire, nk’uko byasotse mu kinyamakuru Le Soir cyandikirwa mu Bubiligi , urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga rwo muri Congo, uyu munsi ruriga ku cyemezo cyo gusubika amatora yari asigaje iminsi 6 yonyine ngo abe.

 

 

 

Aya matora asigaje iminsi mike cyane ngo abe, ubutegetsi bwa Congo bukomeje gushimangira ko agomba kuba n’ubwo ibimenyetso bigaragaza ko aya matora ashobora kutaba kuko umutekano uri muri iki gihugu ugerwa ku mashyi.

Perezida Tshisekedi aracyafite icyizere cyo kuba ashobora gutsinda manda ya kabiri, akomeje kwiyamamaza kandi yemeza ko amatora azaba ku munsi uteganijwe, cyakora n’ubwo uyu mu kuru w’igihugu avuga ibi ahanganye bikomeye na Moἵse Katumbi ku buryo bamwe bemeza ko kumutsinda bitoroshye..

Gusa n’ubwo uyu mukandida yemeza ibi ngio ibibazo byari biri muri Komisiyo y’amatora ntibyavuyemo kuko kugeza ubu abenshi bafite amakarita adasomeka.

Iki gihugu kandi cyasabye Angola kubatiza indege ngo bagerageze kugeza ibyangombwa by’amatora kubabikeneye bose, ndetse bakaba baranabisabye MONUSCO, ariko kugeza ubu aba bombi nta gisubizo bari batanga niba bazafasha gutwara ibi bikoresho mu gihe hasigaye iminsi 6 ngo amatora abe.

N’ubwo igikorwa cy’amatora gisigaje iminsi 6, byari biteganijwe ko ibikoresho by’amatora bigera ku byumba by’itora mbere nibura y’iminsi 2 kugira ngo amatora abe.

You Might Also Like

XMLRPC Test Post

Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda

Виртуальный портал 1win зеркало online: наполненный каталог тайтлов с бонусными спинами

Rutsiro: Kutagira umuriro bituma abatuye Sure batiteza imbere uko bikwiye

Online Casino games

igire December 15, 2023 December 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Шесть основных ориентиров для определения доверенного интернет-казино
betting

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?