Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Update: Hafatiwe amasasu menshi n’ibifaru ku kibuga cy’indege cya Rwindi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Update: Hafatiwe amasasu menshi n’ibifaru ku kibuga cy’indege cya Rwindi

igire
igire Yanditswe March 10, 2024
Share
SHARE

Umutwe wa M23 wigaruriye ikibuga cy’indege cya Rwindi uhafatira igifaru , amasasu menshi ndetse na Drone.

Ababyiboneye n’amaso bavuga ko ku kibuga cy’indege cya Rwindi habaye isibaniro, ubwo uwo mutwe wageragezaga kuhigarurira kuva kuwa kane kugeza ejo kuwa gatandatu ingabo za Leta, zikaba zararwanye kugeza ubw zitsinzwe zikiruka amasigamana.

Ikibuga cya Rwindi cyari ingenzi cyane mu rwego rwa gisirikare kuko aricyo FARDC yifashishaga mu kwihutisha ibikorwa bya gisirikare, aha twavuga imbunda amasasu ndetse na Drone zifata amafoto zigatanga amakuru zaturukaga kw’iki kibuga, aha rero hakaba hari n’ibinrindiro bikuru bya ICCN cya kigo gishinzwe gucunga umutekano wa Pariki ya Virunga.

Icyo Rwandatribune yabashije kumenya mu kiganiro twagiranye n’umwe mu basilikare bakuru bari barinze icyo kibuga utashatse ko amazina ye atangazwa yemereye Rwandatribune ko iki kibuga kirikugenzurwa na M23, yagize ati: “Tubabajwe n’ibikoresho Leta yari yahamennye twagombaga gukoreshya ukwezi kurenga ndetse,harimo n’ubufasha twoherereza bagenzi bacu bari kurwanira i Mweso byose byafashwe n’umwanzi.”

Ifatwa ry’ikibuga n’insinzwi ikomeye kuri FARDC kuko byaciye ihuzanzira ku basirikare ba FARDC bari mu bice bya Lubero, Walikare ,Beni , Ituri na Goma aha rero byongeye gushyira ku gitutu abaturage bari iButembo na Kisangani kuko amayira menshi ajyayo ari amashyamba kandi izi nyeshyamba zikaba zizi kuyacengera.

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire March 10, 2024 March 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?